Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Ababyeyi b’abanyeshuri batandatu bigaga kuri ESCOM Rucano bari barakatiwe imyaka itanu y’igifungo basazwe n’ibyishimo ubwo urukiko rwategekaga ko aba bana baregwaga ibyaha byo gusenya...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Burundi, Albert Shingiro yavuze ko iki Gihugu cyo kitarafungura imipaka iruhuza n’u Rwanda bityo ko nta bantu bemerewe kuyambuka....
Perezida Paul Kagame yahaye ikaze mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló banagirana ikiganiro kihariye. Perezida Umaro Sissoco Embaló yageze mu Rwanda mu gitondo...
Mu gitaramo cyiswe Praise & Worship Live Concert, cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Werurwe 2022, hagaragayemo udushya dutandukanye turimo guhuzagurika, umwiryane mu...
Mu gihe abaturage bo mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba bishimira ifungurwa ry’imipaka yo ku butaka ibahuza n’ibihugu by’ibituranyi. Abo mu Ntara ya...
Komite Nyobozi y’Akarere ka Kamonyi ivuga ko igiye kugenzura ahagaragara icyuho cy’imitangire mibi ya serivisi abaturage banenga. Ibi inzego z’Ubuyobozi zabigarutseho mu Kiganiro n’abanyamakuru,...
Kuri uyu wa Mbere, Urukiko Rukuru nibwo rwafashe umwanzuro ku bujurire bwa Bagirishya Jean de Dieu, Visi Perezida wa kabiri w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’intoki, wa...