Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Bamwe mu bahoze bibumbiye muri Koperetive ikora ubuvumvu mu Murenge wa Mugano, mu Karere ka Nyamagabe bahangayikishijwe no kuba muri ako gace bugenda bukendera,...
*Amakuru avuga ko ubwato bwarimo abarenga 50, ubu 32 ni bo bamaze gutabarwa Ubwato bwavaga ku nkombe z’uruzi rwa Nyabarongo ku ruhande rw’Umurenge wa...
Nyaruguru: Ku wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama, 2022 Polisi ikorera mu Karere ka Nyaruguru yafashe umuturage afite ibiro bitanu by’urumogi n’inyama z’inyamaswa yo...
Capitaine w’ikipe y’igihugu ya Guinée, Naby Laye Keïta nyuma yo gukina umukino wahuje Liverpool na Chelsea ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Mbere aho...
Minisitiri w’Intebe wa Sudan Abdalla Hamdok yatangaje ko yeguye kuri uyu mwanya nyuma yo gukora uko ashoboye ngo agarure igihugu mu murongo muzima ariko...
Uwatangije iyi Kompanyi ngo igitekerezo cyashibutse mu magorwa yanyuzemo yiga; Bamaze gufasha abanyeshuri 300; barifuza ko buri mwaka bazajya bafasha 1,000; Mu myuga hari...
Kompanyi ya Itel Mobile ikora Telephone ikanazicuruza ishami ryayo ryo mu Rwanda, yasinyanye amasezerano y’imikoranire na Miss Nishimwe Naomie ufite ikamba ry’umukobwa uhiga abandi...