IMIKINO
-
Rayon Sports na APR FC zaguye miswi, Warangiye ubusa k’ubusa
Nyuma y’umukino ubanza wa 1/2 wahuje Rayon Sports na APR FC, warangiye amakipe yombi aguye miswi, biteganyijwe ko umukino wa…
Read More » -
CAN 2023: u Rwanda na Sénégal mu Itsinda rimwe rya L
Uretse Sénégal, u Rwanda ruri kumwe na Mozambique ndetse Bénin aho buri kipe yifuza kuzerekeza muri Côte d’Ivoire ahazabera CAN…
Read More » -
Christiano Ronaldo : Buri gitego ke gihagaze 100,000,000 Frw, ibikubiye mu masezerano ya Cristiano muri Manchester United
Cristiano yatsinze ibitego bitatu byari bikenewe cyane na Man.United imbere ya Norwich City yari yigize ibamba ibasha kwegukana amanota atatu…
Read More » -
APR FC Yisubije umwanya w’icybahiro mu gihe Kiyovu Sport yanigwaga na Gasogi United
Umunsi wa 23 wa shampiyona wakinwe mu minsi 3 ku 5,6 no ku cyumweru aho ku wa 5 Rutsiro FC…
Read More » -
Umukino we wa mbere muri Shampiyona aratunguranye, Olivier Kwizera na Musa Essenu bafashije Rayon Sport kwegukana atatu, Mukura yo igaritswe na Espoir i Huye
Ni igitego cyabonetse ku munota wa 33, hari ku mupira w’umuterekano watewe na kapiteni w’iyi kipe, Muhire Kevin maze…
Read More » -
World Cup 2022: Menya urugendo rw’amakipe icumi ya Afurika agiye gukina kamarampaka
Cameroon izakira Algeria Cameroon yari mu mu itsinda rya kane mbere, muri iri tsinda yazamutse iriyoboye n’amanota 15 mu…
Read More » -
Uburasirazuba: Abanyamabanga nshingwabikorwa baratangaza ko mu mezi abiri baraba bishyuye Mituweli
Iyi ntego bayihaye binyuze mu nama Mpuzabikorwa z’Uturere zimaze iminsi ziba mu Ntara y’Iburasirazuba, aho zahurizaga hamwe abayobozi kuva ku…
Read More » -
Umusaruro nkene wa Mashami utumye FERWAFA itamwongerera amasezerano
Mu ibaruwa yasinyweho n’umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry yandikiwe Mashami Vincent, yamenyeshejwe ko amasezerano ye yarangiye tariki ya 2…
Read More » -
APR FC ikomeje kugaragariza abanyarwanda umuco w’urukundo, Umutoza Adil na kapiteni Tuyisenge basuye shangazi umukunzi wa APR FC urwaye
Iki gikorwa kibaye nyuma y’uko hamenyekanye ko uyu mubyeyi Kanzayire Console uzwi ku izina rya Shangazi i wihebeye iyi kipe…
Read More » -
Tour du Rwanda yatangiriye mu mvura y’amahindu, Alexandre Geniez yambara umwenda w’umuhondo
Imvura yatangiye kugwa habura iminota 45 ngo isiganwa ritangire, yatumye benshi mu bakinnyi bahaguruka ikiri nyinshi mu gihe abafana batari…
Read More »