Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Kiyovu Sports yatsinze Etincelles Fc 1-0 ikomeza gushimangira amahirwe ko uyu mwaka ishaka igikombe cya shampiyona ku bubi na bwiza dore ko ihise ifata...
*Muri bo ngo hari ababana n’ubwoba bumva ko ibyo bari byo ari icyaha Mu byumweru bigera kuri bitatu bishize nitabiriye amahurugurwa yari afite insanganyamatsiko...
Umukinnyi witwa KASONGO Benjamin yamaze kugera mu ikipe ya Kiyovu Sports Club, ni umukinnyi uje gufasha abakina hagati muri iyi kipe. Ubwo yavugaga ku...
Ababyeyi bo ku kirwa cya Nkombo mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi barasaba ubuyobozi ko bwabafasha bukajya buvugana n’ubw’abaturanyi bo mu gihugu...
Mu gihe hirya no hino hakomeje kuvugwa abatanga inguzanyo batabyemerewe n’amategeko, ibyo bita “Banque Lambert”, ubu inguzanyo ya Spenn ije ari igisubizo ku babaswe...