Sosiyete ya StarTimes, yatangije shene nshya yitwa GANZA TV izajya ihitisha ibiganiro n’amafilime mpuzamahanga mu rurimi rw’ikinyarwanda. Ni shene yatangiye kugaragara ku murongo w’103...
Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe n’Umuyobozi wa EAC, Perezida Evariste Ndayishimiye n’Umuyobozi wa ICGLR, Perezida João Lourenço, aho yibanze ku kureba ishyirwa mu bikorwa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahawe igihembo n’Umuryango American Academy of Achievement, kubera umuhate yagize mu guhashya icyorezo cya Covid-19. Ibiro...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Umuvugizi wa Rayon Sports yavuze ko bubaha ibyemezo by’inzego zireberera Sport ariko avuga ko Rayon Sports itabasha gutunga ikipe mu mwiherero amezi 6, bikiyongera...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryakoranye inama n’abayobozi b’amakipe ribasaba ko amakipe yose aba mu mwiherero kugira ngo shampiyona isubukurwe mu gihe amakipe...
Rutagengwa Alexis uvugwaho gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhango, Nemeyimana Jean Bosco, yabyamaganye avuga ko ubwo iyo modoka ya Gitifu yatwikwaga we yari...
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi Kwizera Olivier yifashishije indirimbo Let me Know ya Maleek Berry yaciye amarenga ko ashobora kuba ari mu rukundo n’umukobwa uvanga...
Umuraperi Fireman nyuma y’umwaka yambitse umukunzi we Kabera Charlotte impeta y’urudashira amusaba kubana NA WE akaramata, basezeranye imbere y’amategeko. Kuri uyu wa Kabiri, tariki...
Abacururiza mu isoko rya Byumba mu Karere ka Gicumbi biganjemo abacuruza inkweto n’imyenda bavuze ko babangamiwe n’ubujura burigaragaramo bagashyira mu majwi abaricungira umutekano. Bavuze...
Umuturage wo mu Kagari ka Nyamagana mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango, yagerageje gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwakorwa w’Umurenge wa Ruhango ashaka kwihimura...
Guverinoma ya Tanzania yashyize umukono ku masezerano na kompanyi yo muri Turikiya izubaka umuhanda wa gari ya moshi w’ibirometero 368 km uzorohereza ubucuruzi n’ibihugu...
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, umuhanzi mu njyana ya Afro Beat mu Rwanda Mico The Best yatangaje ko umuryango we wibarutse umwana w’umuhungu. Mico The...