Connect with us

Hi, what are you looking for?

Amakuru aheruka

Mico The Best na Clarisse bibarutse imfura yabo y’umuhungu

Mico The Best n'umugore we Clarisse bibarutse imfura yabo y'umuhungu

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, umuhanzi mu njyana ya Afro Beat mu Rwanda Mico The Best yatangaje ko umuryango we wibarutse umwana w’umuhungu.

Mico The Best n’umugore we Clarisse bibarutse imfura yabo y’umuhungu

Mico The Best n’umugore we bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka umwana w’umuhungu nk’uko uyu muhanzi yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 04 Mutarama 2022.

Mu butumwa yanditse yavuze ko umuryango we wungutse umwana w’umuhungu.

Yagize ati “Imana yaduhesheje umugisha umwana mwiza w’umuhungu.”

Tariki ya 19 Kanama 2021 nibwo nibwo Mico The Best n’umugore we  basezeranye imbere y’amategeko.

Kuwa 26 Nzeri 2021 nibwo Mico The Best na Ngwinundebe Clarisse nibwo bakoze ubukwe bubera muri Heaven Garden ku i Rebero.

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818
REBA YouTube Channel UMUSEKE TV video nziza nk’iyi. UKORA LIKE SHARE na COMMENT

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You May Also Like

Amakuru aheruka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie  Vianney, yasabye abayoboke b’idini rya Islam gukoresha telefoni nk’uburyo bwo kubibutsa ko bagomba kujya gusenga aho gukoresha indangururamajwi  bari...

Amakuru aheruka

Uwatangije iyi Kompanyi ngo igitekerezo cyashibutse mu magorwa yanyuzemo yiga; Bamaze gufasha abanyeshuri 300; barifuza ko buri mwaka bazajya bafasha 1,000; Mu myuga hari...

Uncategorized

Temporibus autem quibusdam et aut officiis debitis aut rerum necessitatibus saepe eveniet ut et voluptates repudiandae sint et molestiae non recusandae.

Amakuru aheruka

Amakipe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi yarenze muri kimwe cy’umunani kirangiza cya Champions League yamaze kumenya uko azahura muri ¼ cya Champions League yishakamo...

Copyright © 2023 IMITARI