Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kivuga ko uko inkingo zizagenda ziboneka Leta iteganya no gukingira Covid-19 abana bari munsi y’imyaka 12, Dr Sibomana Hassan avuga...
Umuvugizi wa Rayon Sports yavuze ko bubaha ibyemezo by’inzego zireberera Sport ariko avuga ko Rayon Sports itabasha gutunga ikipe mu mwiherero amezi 6, bikiyongera...
Rutagengwa Alexis uvugwaho gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhango, Nemeyimana Jean Bosco, yabyamaganye avuga ko ubwo iyo modoka ya Gitifu yatwikwaga we yari...
Abacururiza mu isoko rya Byumba mu Karere ka Gicumbi biganjemo abacuruza inkweto n’imyenda bavuze ko babangamiwe n’ubujura burigaragaramo bagashyira mu majwi abaricungira umutekano. Bavuze...
Umuturage wo mu Kagari ka Nyamagana mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango, yagerageje gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwakorwa w’Umurenge wa Ruhango ashaka kwihimura...