Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Ikigo gishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda HEC, cyemeje ko Atlantic International Univeristy nta burenganzira ifite bwo gutanga impamyabumenyi z’icyiciro gihanitse cya...
Hari abaturage bo mu Karere ka Gatsibo biganjemo abagore bibumbiye mu matsinda yo kwiteza imbere no guhererekanya amafaranga begerewe n’ikigo cy’imari cya ASA Microfinance ...
URwanda rwavuze ko umubano n’ubushuti bwari hagati yarwo na Niger bidashobora gukomwa mu nkokora kandi ko nta gitutu rwashyize kuri Niger ngo yirukane abanyarwanda...
Kuri icyi Cyumweru, mu Mujyi wa Kigali kuri Stade Regional i Nyamirambo abanyeshuri bajya mu bice bitandukanye by’igihugu bari benshi, niho bahagurikira bajya ku...