Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwatangaje ko bugiye gukemura ikibazo cy’ibiza cyagaragara muri aka Karere mu buryo burambye. Ibi bitangajwe mu gihe mu mpera z’iki...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza bavuze ko barembejwe n’abashumba baboneshereza imyaka nkana kandi ko bakunze no kurangwa...
Rev Past Nzabonimpa Canisus wo mu Itorero rya ADEPR wari waragiye mu kiruhuko cy’izabukuru yitabye Imana bitunguranye ubwo yari yagiye mu rugendo rw’ivugabutumwa nk’uko...
Abasore babiri bo mu Murenge wa Jali mu Kagari ka Nyakabungo, kuri iki Cyumweru bagwiriwe n’umukingo w’umugezi wa Murongozi munsi ya Santarari Gaturika ya...