Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Niyodusenga Yvan uri mu kigero cy’imyaka 12, ku manywa y’ihangu yakubiswe n’inkuba ahita yitaba Imana, abahanga mu by’inkuba bavuga ko inkuba yo ku zuba...
Nyuma yo kwakira ubujurire ku ifunga rya dosiye y’iperereza ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana Juvenal, Urukiko Rusesa Imanza mu Bufaransa rwafunze burundu iyi dosiye....
Uwitwa Tuyizere w’imyaka 26 y’mavuko wo mu Kagari ka Rubona mu Murenge wa Shyorongi yazindukanye umuhoro ku biro by’Akagari ajyanywe no gutema Gitifu nyuma...
Polisi ya Centre Africa n’iy’uRwanda kuri uyu wa mbere tariki ya 14Gashyantare 2022,basinyanye amasezerano y’ubufatanye, ni amasezerano yshyizweho umukono n’abayobozi ba Polisi b’Ibihugu byombi....
Nyanza: Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruri gukora iperereza nyuma yaho umugore wari utuye mu Mudugudu wa Rukari, mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa...
Inteko y’Umuco yatangaje ko ku wa 21 Gashyantare u Rwanda ruzizihiza ku nshuro ya 19 Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire, bizakorwa mu buryo bw’iyakure (online)....