Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 20 Gashyantare 2022, ni bwo hatangiye irushanwa rya Tour du Rwanda 2022 rizenguruka igihugu mu gihe cy’iminsi umunani, umunsi...
Serubibi Eric wahoze ayobora Ikigo cy’Igihugu cy’Imyubakire (Rwanda Housing Authority) yabwiye Urukiko ko Amb. Gatete Claver ari we watanze amabwiriza yo kugura iyo nyubako...
Polisi ikorera mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Gashyantare yafashe abantu barindwi bacyekwaho kuba mu itsinda ry’abibaga abaturage mu...
Nyuma y’uko bamwe mu bashumba bavuga ko bafatanyije na Apotre Dr Paul Gitwaza gushinga umuryango Authentic Word Ministries/ Zion Temple Celebration Center, bamwandikiye bamweguza,...