Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Umunyeshuri wiga mu Ishuri ryisumbuye rya Ruhango (Ecole Sécondaire de Ruhango) avuga ko hari umuntu utazwi wamusanze mu bwiherero amusambanya ku gahato, Ubuyobozi buvuga...
Rayon Sports yamaze kwerekana abatoza bashya bakomoka muri Portugal bagiye gufasha iyi kipe mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona 2021-22, bakaba basinye amezi atandatu....
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon Bamporiki Edouard atangiza ukwezi k’Umuco mu mashuri mu Karere ka Musanze yasabye abanyeshuri kurangwa n’Indangagaciro z’Umuco...
Mugorewishyaka Marithe wo Murenge wa Ruhuha,Akagari ka Gatanga mu Mudugudu wa Nyaburiba Mu Karere ka Bugesera, arasaba ko umwana we yitabwaho agahabwa ubuvuzi bwisumbuye...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarageje ko ubumwe n’iterambere igihugu gifite ubu ari umusaruro w’ibikorwa by’Intwari z’Igihugu ndetse ko ari umwenda wa...