Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Saa kumi z’umugoroba nibwo inteko y’umucamanza umwe n’umwanditsi w’urukiko yinjiye mu cyumba cy’urukiko, Yaba Me Nyirabageni Brigitte n’abanyamategeko be ntabwo bagaragaye mu Rukiko ubwo...
Bamwe mu borozi baturiye ishyamba rya Gishwati -Mukura mu Turere twa Nyabihu, na Rutsiro two mu Burengerazuba, bakomeje gutakamba basaba ngo hashakwe umuti w’ikibazo...
Nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru yagarukaga ku by’uruzinduko rwa General Salim Saleh mu Rwanda, Guverinoma ya Uganda yanyomoje aya makuru, ivuga ko...
Mu Mudugudu wa Kagari mu Kagari ka Gitega mu Murenge wa Gitesi haravugwa imfu z’umugore n’umugabo, umugore bamusanze ku buriri yapfuye, naho umugabo yari...
Kuri uyu wa 16 Gashyantare 2022 mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hatashywe ishuri ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rigizwe n’ibyumba bitatu by’amashuri na...
Uwizeyimana Elie w’imyaka 19 y’amavuko wo mu Kagari ka Ngaru mu Murenge wa Nyarusange iminsi itatu irashize bamushakisha nyuma yo kugwirwa n’icyirombe gicukurwamo amabuye...