Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije yagararage ko bamaze gutera intambwe ndende mu rugendo rwo gukorera inkingo zirimo iza Covid-19 mu Rwanda, bityo nta kabuza...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu biro bye yakiriye itsinda rivuye mu Budage rirangajwe imbere na Minisitiri ushinzwe ubufatanye mu bukungu n’iterambere, Svenja Schulze...
Mu ijambo yagejeje ku Nteko y’Ubumwe bw’Uburayi, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye ko igihugu cye kigirwa ikinyamuryango, akaba yavuze ko ubu umuntu wese...
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko Abanyarwanda 51 mu basanzwe baba muri Ukraine, bamaze gusohoka iki Gihugu kirimo kubera imirwano....
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko bugiye gushyiraho abaforomo bihariye bazajya bita ku bafite uburwayi bwo mu mutwe. Hashize igihe mu Mujyi wa Muhanga,...
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka za Uganda, akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko agiye kugaruka mu Rwanda...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yagize Musenyeri Musangamana Papias umwepisikopi wa Diyoseze ya Byumba, naho Musenyeri Nzakamwita Servillien yemererwa kujya mu kiruhuko cy’izabukuru....