Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Gahunda ya ‘Igira ku murimo’ igamije guhugura urubyiruko 1 000 mu kuruha ubumenyi n’ubushobozi bizabafasha mu mirimo no kuzabasha kuyihangira, imaze kunyuramo urubyiruko 632...
Umugabo w’umucungagereza muri gereza ya Gicumbi yarashe mugenzi we w’umukobwa by’impanuka, bimuviramo urupfu nyuma yo kugezwa ku bitaro bya Byumba. Ibi byabaye mu ijoro...
Maj Gen. Andrey Sukhovetsky wari mu bayoboye ibikorwa by’Igisirikare cy’u Burusiya muri Ukraine, yishwe arashwe na mudahusha. Major-General Andrey Sukhovetsky, yarashwe na mudahusha mu...
Ministeri y’Ubuzima yagaragaje ko yamaze gukingira byuzuye Abaturarwanda 60%, ni umuhigo u Rwanda rwari rwarihaye ko uzaba weshejwe muri Kamena uyu mwaka none weshejwe...
Ku girango harebwe uruhare rwa buri wese yagize hanyerezwa asaga Miliyoni 778Frw, Umucamanza yavuze ko urubanza ruzongera kuburanishwa nta kabuza. Kuri uyu wa 03...
Ubwo Perezida Vladimir Putin yagiranaga inama n’Abayobozi bakuru mu ngabo (Russian Security Council), yashimye uko ingabo ze zirimo kwitwara ku rugamba muri Ukraine avuga...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko Afurika idakwiye gusubizwa inyuma n’ingaruka z’icyorezo cya Coronavirus cyagize ku bukungu bw’ibihugu ahubwo ko ikwiye...