Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwibukije abagabo ko bagomba kugabanya amafaranga banywera ku munsi, kugira ngo bajye muri gahunda ya Ejo heza. Ibi babivuze ubwo...
Abaturage bo mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke bagorwaga no kugeza umusaruro ku isoko ndetse imvura yagwa umugezi ukuzura bikabasaba gukora urugendo...
*Biogaz ye yaraturitse ivunagura insina iramanuka ajya kuyitora mu kabande Mu 2007 Guverinoma y’u Rwanda yatangije umushinga wo kugabanya ikoreshwa ry’inkwi n’amakara mu guteka...
Rev Uwambaje Emmanuel Umushumba w’Ururembo rwa Rubavu yabwiye abitabiriye igiterane cy’iminsi irindwi kiri kubera kuri ADEPR Gashyekero ko iyo Umwuka wera atari mu itorero...
Kuri uyu wa Kane tariki 17 Werurwe 2022, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yakiriye mu biro bye Umushumba wa Arikidiyoseze ya Kigali, Musenyeri Antoine...