Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Ahagana saa kumi n’igice kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Mutarama 2022, umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 20 witwa Nyirabaziki Christine bakunze kwita Mariya...
Abafite ubumuga bo mu Karere ka Gicumbi baravuga ko icyorezo cya Covid-19 cyabakomye mu nkokora maze benshi bagatakaza imirimo n’abakora bagasubira inyuma, ariho bahera...
Mu masaha y’ikigoroba ku muhanda SONATUBE – RWANDEX imodoka y’ijipe yakoze impanuka mu buryo budasanzwe igonga camera yo ku muhanda ku bw’amahirwe uwari utwaye...
Igituntu ni imwe mu ndwara ikomeje gufata abantu benshi ku Isi no mu Rwanda kandi bo mu ngeri zitandukanye.Ntitinya inkumi, umusaza, umuhungu yewe n’umukecuru....