Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Umutoza Mbonizanye Felix uzwi nka Pablo wari wungirije Mbarushimana Abdou yitabye Imana azize diabete aguye mu Bitaro bya Kabgayi. Mu gitondo cyo kuri uyu...
Abatuye Imidugudu ya Gitwa na Gakondokondo mu Kagali ka Sholi mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga barataka urugendo rurerure bakora bajya gushaka...
Itsinda ryaturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ryo mu Misiri riyobowe na Brig Gen Ahmed Ibrahim Mohammed Alam El Deen bari gukora urugendo shuri...
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Mutarama 2022 mu ri Lemigo Hotel i Kigali, Ihuriro ry’imiryango y’abafite ubumuga mu...
Mu magambo make uyu Musifuzi yabwiye Umunyamakuru Clarisse Uwimana wa B&B Umwezi ati “Nta kindi navuga kirenze kubashimira, ni iby’agaciro cyane, birannandenze [ararira]… Yongeye...