Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Kuwa Kane tariki ya 3 Gashyantare 2022 nibwo Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Kenya, agirana ibiganiro na Perezida Uhuru Kenyatta byibanze ku mubano...
Kuri uyu wa 03 Gashyantare2 022 Minisitiri w’Ubutegetsi bw’ igihugu Gatababazi Jean Marie Vianney yagiriye uruzinduko ku batuye mu mirenge yegereye umupaka wa Gatuna...
UMUSEKE ugenda ukurikiranira hafi ibibera mu gihugu cya Ukraine ibihugu by’Iburayi na America ubu bikaba byiteguye kuba byatabara, Umunyamakuru Mpuzamahanga uhagarariye kimwe mu bitangazamakuru...
Abahinzi b’umuceri mu Gishanga cya Base giherereye mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango, bavuga ko imvura yangije hegitari zirenga 60 z’umuceri. Abahinzi...
Perezida Uhuru Kenyatta mu biro bye i Nairobi yakiriye Perezida Paul Kagame bagirana ibiganiro bigaruka ku mubano w’ibihugu byombi, uru ruzinduko rw’akanya gato Perezida...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko bwihaye intego yo gufasha abatuye Umujyi kubona urukingo rwa Covid-19 rushimangira hafi yabo ku buryo ukwezi kwa Gashyantare...