Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Uwanyirigira Agnes w’imyaka 58 utuye mu Mudugudu w’Ubumwe, Akagari k’Akabahizi mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge ibyumweru bigiye kuba bibiri asohowe mu...
Ikibazo cy’ubujura n’urugomo mu karere ka Rubavu ni kimwe mu bibazo byabaye agatereranzamba mu bihe bitandukanye, uko bwije nuko bucyeye humvikana inkuru z’abantu bacucuwe...
Komisiyo y’Ubujurire muri FERWAFA yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Gashyantare, 2022 mu rwego rwo gusuzuma no gufata ibyemezo ku bujurire bwatanzwe...
Abanyeshuri basaga 208 biga muri Mukarange TVET School bahangayikishijwe no kuba iri shuri ridafite amacumbi yo kubamo bakaba bafite imbogamizi zo kutizera umutekano wabo,...
Kuri uyu wa Gatanu Umusenyeri Kizito Bahujimihigo wa Diocese Gatolika ya Byumba yakoze impanuka avuye i Rwamagana yerekeza i Kigali, akaba yagonze umuntu wari...