Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umuhanda umwe uri ku Gisimenti mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, uzajya ukumirwamo ibinyabiziga, ubundi abafite...
Ni gake Umukuru w’Igihugu agaragara ari kumwe na rubanda rwa giseseka bakunkumura imbagara mu murima, uw’u Burundi Perezida Ndayishimiye Evariste kuri uyu wa Mbere...
Abagore babiri bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze barohamye mu kiyaga cya Ruhondo, imirambo yabo ntiraboneka, gusa abandi bantu bane bari...
Kuri uyu wa Mbere nibwo isi n’u Rwanda byizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire, mu kiganiro cyanyuze kuri televiziyo y’igihugu ku Cyumweru, Intebe y’Inteko, Amb....
Ku Cyumweru nibwo Perezida Recep Tayyip Erdoğan yageze i Kinshasa ndetse agirana ibiganiro na Perezida wa Antoine Felix Tshisekedi, biyemeje ubufatanye mu kugarura umutekano...
Nyuma y’amezi 13, Casa Mbungo André wari umutoza mukuru wa Bandari FC yo muri Kenya yirukanwe n’iyi kipe nyuma yo kudatanga umusaruro yari yitezweho....