Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
*Abavoka bavuga ko gusabwa kwipimisha Covid-19 buri munsi bihenze *Hari uwavuze ko Abacamanza n’Abashinjacyaha bo badasabwa kugaragaza ko bapimwe Me Nkundabarashi Moise, Perezida w’Urugaga...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yasabye abagabo bahohoterwa mu ngo zabo kugana ubutabera harimo Isange One Stop Center ko itagenewe...
Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma mu Ntaray’Iburasirazuba, bahangayikishijwe n’abana babo bataye ishuri bitewe n’uko abagabo babatana ingo...
Abagore bakora ubucuruzi buto n’ubucuriritse mu Mirenge itandukanye yo mu Karere ka Bugesera bahawe agera kuri 12,984,900frw binyuze mu kigega nzahura bukungu (ERF) nyuma...
Abaturage 52 bo mu Murenge wa Munyaga, Akagari ka Nkungu,Umudugudu wa Kabuye bajyanywe mu Bitaro igitaraganya nyuma yo kunywa ikigage gihumanye. Aba uko ari...
Bamwe mu bakora ubucuruzi buciriritse mu Karere ka Kayonza biganjemo urubyiruko barashimira Leta y’u Rwanda yabafashije kuzahura ubucuruzi bwabo bwari bwaragizweho ingaruka na Covid-19,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame mu biro bye Village Urugwiro yakiriye itsinda ry’Abarundi bayobowe na Minisitiri ushinzwe umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, urubyiruko,...