Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Mu Mudugudu wa Kokobe ahazwi nko muri Karabaye, Akagari ka Munanira 2, Umurenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge hamenwe inzoga z’inkorano zengeshwa isabune,...
Hari abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto mu Karere ka Rusizi bavuga ko babangamirwa n’umusekirite mukuru ushinzwe imyitwarire yabo witwa HITAYEZU Daniel,...
Imyaka ibaye itanu Perezida Paul Kagame atangiye kuyobora Igihugu kuri manda ya gatatu yasabwe n’abaturage, Ishyaka PSP ryamushyigikiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu ya 2017,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko ubufatanye mu bihugu bya Afurika byarushaho guteza imbere imokerere y’igisirakere kirwanira mu kirere. Ibi umukuru...
Mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko bikekwa ko yiyahuye akoresheje umuti wica udukoko uzwi kwizina rya “Simikombe”....