Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
*Yemeye kujya mu mishyikirano byihuse na Perezida Vladimir Putin Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky ari ku biro bye yambaye imyambaro ya gisirikare yanenze ibihugu...
Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto mu Mujyi wa Kigali bari kubyinira ku rukoma nyuma y’uko bamenyeshejwe amabwiriza mashya yo guhangana n’ibibazo bivugwa...
Imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane taliki ya 24 Gashyantare 2022 yangije iteme rihuza Umurenge wa Runda n’Uwa Rugarika, abaturage...