Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Gashyantare, yagennye Maj Gen. Abel Kandiho wahoze akuriye Ubutasi bwa Gisirikare...
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wakuyeho ibihano wari wafatiye Leta y’u Burundi kuva mu 2016. Mu bihano byari byafashwe harimo guhagarika imfashanyo y’amafranga ku Burundi, ndetse...
Ikiraro gishyashya cya Nyabarongo cyubakwaga cyacitse gikomeretsa abantu 2 bari mu mirimo yo kucyubaka. Iyi mpanuka y’ikiraro cya Nyabarongo gihuza Umurenge wa Rongi mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Gashyantare 2022, mu muhango wo kurahiza abayobozi bashya binjiye muri Guverinoma, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
Yandereye Claudine w’imyaka 34 utuye mu Mudugudu wa Kamurenzi, Akagari ka Cyeru, Umurenge wa Rwamiko mu Karere ka Gicumbi arasaba ko umwana we w’umukobwa...
Polisi y’Igihugu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko mu mwaka wa 2021, mu bantu 655 bahitanywe n’impanuka, harimo abanyamaguru 225 byagarutsweho mu...
*Nyiri inzu yatsinze urubanza mu Rukiko rw’Ibanze. Uvuga ko yaguze inzu na we yatsinze mu rw’Isumbuye *Ubu Nyiri iyo nzu yajuririye mu Rukiko Rukuru...
Hashize iminsi mu itangazamakuru humvikana inkuru ya Uwanyirigira Agnes wo mu Murenge wa Gitega, Akagari k’Akabahizi wasohowe mu nzu n’umuhesha w’inkiko ariko akaza kumara...