Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Kuri uru wa Gatatu Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari gutangira kuburanisha mu mizi urubanza rwa Karasira Aimable wamenyerewe mu buhanzi nka Professor Nigga, gusa...
Uwahoze ari Perezida wa Honduras, Juan Orlando Hernández, yatawe muri yombi, ahita yohererezwa Leta Zunze Ubumwe za America kugira ngo zimuburanishe ku byaha byo...
Kuva ku wa 25 Gashyantare 2022 abafite ababo bafungiwe mu ma gereza yo mu Rwanda bemerewe kubasura, aho gusura bizakorwa n’abakingiwe byuzuye kandi babisabye...