Sosiyete ya StarTimes, yatangije shene nshya yitwa GANZA TV izajya ihitisha ibiganiro n’amafilime mpuzamahanga mu rurimi rw’ikinyarwanda. Ni shene yatangiye kugaragara ku murongo w’103...
Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe n’Umuyobozi wa EAC, Perezida Evariste Ndayishimiye n’Umuyobozi wa ICGLR, Perezida João Lourenço, aho yibanze ku kureba ishyirwa mu bikorwa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahawe igihembo n’Umuryango American Academy of Achievement, kubera umuhate yagize mu guhashya icyorezo cya Covid-19. Ibiro...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwibukije abagabo ko bagomba kugabanya amafaranga banywera ku munsi, kugira ngo bajye muri gahunda ya Ejo heza. Ibi babivuze ubwo...
Abaturage bo mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke bagorwaga no kugeza umusaruro ku isoko ndetse imvura yagwa umugezi ukuzura bikabasaba gukora urugendo...
*Biogaz ye yaraturitse ivunagura insina iramanuka ajya kuyitora mu kabande Mu 2007 Guverinoma y’u Rwanda yatangije umushinga wo kugabanya ikoreshwa ry’inkwi n’amakara mu guteka...
Akarere ka Rusizi kashyikirijwe igikombe cya Ejo Heza, gitanzwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB) ku kuba karaje ku mwannya wa gatanu mu Turere twambere mu...
Rev Uwambaje Emmanuel Umushumba w’Ururembo rwa Rubavu yabwiye abitabiriye igiterane cy’iminsi irindwi kiri kubera kuri ADEPR Gashyekero ko iyo Umwuka wera atari mu itorero...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze gushyira ahagaragara ibiciro byo kwinjira ku mukino iyi kipe izakiramo ikipe ya Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatandatu, ni...