Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony John Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karongi bwatangaje ko mu Cyumweru cyo kwegera abaturage batangiye kizarangira byinshi mu bibazo by’abaturage byaburiwe ibisubizo bikemutse....
Umutoza mukuru wa AS Kigali WFC yamaze kwegukana igikombe cya shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu bagore, avuga ko ari ibyishimo ku muryango mugari w’ikipe...
NYAGATARE: Mu Mirenge ya Nyagatare na Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare hari abangavu babyariye iwabo bikabatesha ishuri, bavuga ko hari imbogamizi nyinshi zituma badasubira...
Imvura nyinshi yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Gashyantare 2022 mu Murenge wa Bumbogo,Akagari ka Ngara,Umudugudu wa Burembo yatwaye...
Ni gahunda bise ”Umurenge mu Kagari ” Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, n’abagize ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere bemeranyijweho mu mwiherero w’iminsi 3 bari bamazemo....
Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse abasirikare bashya barangije amasomo n’imyitozo mu kigo cya Gisirikare cy’imyitozo y’ibanze kiri i Nasho mu Karere ka Kirehe. Aba basirikare...
Umuturage wo mu Murenge wa Mahembe mu Karere ka Nyamasheke, ari kubaka stade y’ikitegererezo izuzura itwaye Miliyoni zisaga 300 Frw. Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke,...
Urubanza rwa Visi Perezida wa kabiri w’Ishyirahamwe ry’umukono w’Intoki wa volleyball rwari gusoma saa tanu z’amanywa ariko rwimurirwa ku yindi saha, nabwo ntirusomwe kuko...
Bamwe mu bamotari bo mu Mujyi wa Kigali , bavuze ko banyuzwe n’icyemezo cya Minisiteri y’Ibikorwaremezo cyo gukuraho koperative zigasigara ari eshanu(5) zivuye kuri...