Sosiyete ya StarTimes, yatangije shene nshya yitwa GANZA TV izajya ihitisha ibiganiro n’amafilime mpuzamahanga mu rurimi rw’ikinyarwanda. Ni shene yatangiye kugaragara ku murongo w’103...
Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe n’Umuyobozi wa EAC, Perezida Evariste Ndayishimiye n’Umuyobozi wa ICGLR, Perezida João Lourenço, aho yibanze ku kureba ishyirwa mu bikorwa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahawe igihembo n’Umuryango American Academy of Achievement, kubera umuhate yagize mu guhashya icyorezo cya Covid-19. Ibiro...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye inama ya 44 y’abaminisitiri bo mu bihugu bigize Francophonie, haganirwa ku ngingo zirimo...
Imbangukiragutabara yo ku Bitaro bya Mibirizi yari itwawe na Niyonzima Etienne w’imyaka 40 yakoze impanuka ubwo yagonganaga na Niyobuhungiro Jean Pierre w’imyaka 24 wari...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney ari kumwe na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Nyirarugerero Dancille n’umuyobozi w’inkeragutabara mu Ntara y’Amajyaruguru, Maj Gen Eric...
Bamwe mu bamotari bavuga ko batari guhuza n’abagenzi ku mikoreshereze ya mubazi kuko bababwira kuyikoresha ariko ntibabikozwe bavuga ko ibahenda. Ku wa 25 Gashyantare...
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, yagarutse mu Rwanda nyuma y’ukwezi...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, amakenga ni menshi ku igaruka ku butegetsi ry’uwahoze ari Perezida Joseph Kabange Kabila wabaye Senateri ubuzima bwe bwose....
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, ku wa gatandatu tariki ya 12 Werurwe, yafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba ibintu bitandukanye, n’amafaranga ibihumbi 350.000 y’u...
Akarere ka Nyagatare ni kamwe mu tugize Intara y’Iburasirazuba, gahana imbibi n’Akarere ka Gatsibo na ko k’Iburasirazuba, aka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, ndetse n’ibihugu...