Connect with us

Hi, what are you looking for?

Amakuru aheruka

Manzi Thierry avuye muri Georgia ageze muri Maroc

Myugariro mpuzamahanga w’Umunyarwanda wakiniraga ikipe ya FC Dila Gori muri Georgia, Manzi Thierry yamaze gutandukana na yo ubu yerekeje muri Maroc mu ikipe ya FAR Rabat.

Manzi Thierry ubu arabarizwa muri Far Rabat muri Maroc

Muri Nyakanga 2021 nibwo uyu mukinnyi ukina mu mutima w’ubwugarizi wari usanzwe ari kapiteni wa APR FC yerekeje mu ikipe ya Dila Gori ikina mu cyiciro cya mbere muri Georgia.

Iminsi ya mbere yagiye abona umwanya wo gukina ariko uko iminsi ashira agenda awutakaza yisanga ari umusimbura.

Ikipe ya FAR Rabat yo muri Maroc isanzwe ikinamo myugariro w’umunyarwanda, Imanishimwe Emmanuel Mangwende yatangaje ko yamaze gusinyisha Manzi Thierry.

Amakuru avuga ko yasinye imyaka 3 aho yatanzweho miliyoni 200 z’amafaranga y’u Rwanda. Amakuru avuga ko uyu mukinnyi azajya ahembwa asaga miliyoni 15 Frw buri kwezi.

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818
REBA YouTube Channel UMUSEKE TV video nziza nk’iyi. UKORA LIKE SHARE na COMMENT

UMUSEKE.RW

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You May Also Like

Amakuru aheruka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie  Vianney, yasabye abayoboke b’idini rya Islam gukoresha telefoni nk’uburyo bwo kubibutsa ko bagomba kujya gusenga aho gukoresha indangururamajwi  bari...

Amakuru aheruka

Uwatangije iyi Kompanyi ngo igitekerezo cyashibutse mu magorwa yanyuzemo yiga; Bamaze gufasha abanyeshuri 300; barifuza ko buri mwaka bazajya bafasha 1,000; Mu myuga hari...

Uncategorized

Temporibus autem quibusdam et aut officiis debitis aut rerum necessitatibus saepe eveniet ut et voluptates repudiandae sint et molestiae non recusandae.

Amakuru aheruka

Amakipe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi yarenze muri kimwe cy’umunani kirangiza cya Champions League yamaze kumenya uko azahura muri ¼ cya Champions League yishakamo...

Copyright © 2023 IMITARI