Connect with us

Hi, what are you looking for?

Inkuru zihariye

Abanzi b’u Rwanda mu bikorwa byo guhesha u Rwanda isura mbi mu mahanga.

Muri iyi minsi bakomeje kwigaragaza ibikorwa bitandukanye by’abantu ubona ko bafite umugambi mubisha wo kuvuga no kugaragaza isura mbi y’Ubuyobozi bw’u Rwanda. Nyamara ibyo byose babikora mu gihe Leta y’u Rwanda idasiba kwemeza abanyamahanga batandukanye ko imiyoborere y’u Rwanda ihamye kandi yubakiye Ku murongo uhamye uganisha u Rwanda Ku iterambere ridashidikanywaho.

Amatsinda azwi cyane agaragarira Ku mugabane w’I Burayi, ahaboneka ko abarwanya Leta y’U Rwanda nta mpamvu bibumbiye mucyiswe Mouvement Idamange, mu by’ukuri kidafite intego zigaragara uretse kurwanya no kwangisha amahanga Leta y’u Rwanda. Muri Canada hagaragara umuyoboro wa internet witwa Ikamba TV ukunze kumvikaniraho uwitwa Ntagara wiyita Ministri w’intebe WA Leta ikorera mu bihungiro.

Ntagara Jean Paul

Uyu Ntagara akaba ariwe wadukanye imvugo zo kuvangura Abanyarwanda hakabamo aboyita abavantara n’abasope yita ko aribo banyarwanda bw’umwimerere.

 

 

 

 

 

Ni mugihe kandi Radio Itahuka y’umutwe wa RNC ikomeje nayo kurangwaho ibiganiro bidashobora kugira icyo bimarira Abanyarwanda uretse kubakuriramo umwiryane gusa.

Si aho gusa kuko no mu kirwa cya Mayotte gikunzwe kwifashishwa b’Abanyarwanda bamwe bavuga ko bahunze, bagaragaye mu itsinda naryo ryiyemeje kuvuga nabi u Rwanda rikoresha imyigaragambyo idasobanutse ngo yo kwamagana icyo bita akarengane ngo kaba gakorerwa abanyarwanda. Mu bakunze kuboneka muri ibyo bikorwa twavugamo nka: Harerimana Felecien, Iyakaremye Yves, Nzabonimpa Olivier, Muhawenimana Frodouar.

Tuzakomeza kubakurikiranira uko abanyarwanda bamwe, bahitamo inzira mbi yo kurwanya igihugu cyababyaye, bakishora mu bikorwa bigayitse nkibyo tumaze kuvuga bakorera mu mahanga.

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You May Also Like

Amakuru aheruka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie  Vianney, yasabye abayoboke b’idini rya Islam gukoresha telefoni nk’uburyo bwo kubibutsa ko bagomba kujya gusenga aho gukoresha indangururamajwi  bari...

Amakuru aheruka

Uwatangije iyi Kompanyi ngo igitekerezo cyashibutse mu magorwa yanyuzemo yiga; Bamaze gufasha abanyeshuri 300; barifuza ko buri mwaka bazajya bafasha 1,000; Mu myuga hari...

Uncategorized

Temporibus autem quibusdam et aut officiis debitis aut rerum necessitatibus saepe eveniet ut et voluptates repudiandae sint et molestiae non recusandae.

Amakuru aheruka

Amakipe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi yarenze muri kimwe cy’umunani kirangiza cya Champions League yamaze kumenya uko azahura muri ¼ cya Champions League yishakamo...

Copyright © 2023 IMITARI