Umujyi wa Kigali wagaragaje ishusho y’inzu z’ubwugamo zizashyirwa hamwe mu hategerwa imodoka zitwara abagegnzi, zizaba zikozwe mu buryo bugezweho.
Izi nzu zizaba zikozwe mu buryo bugezweho
Ubutumwa buherekejwe n’amafoto agaragaza imiterere y’izi nzu yashyizwe kuri Twitter y’Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Kabiri, aherekejwe n’ubutumwa bugaragaza uko zizaba ziteye.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, buvuga ko ubu bwugamo buzaba burimo aho gucomeka tephone mu gihe umuntu yifuza kurahura umuriro muri telephone ye ndetse zikazaba zirimo internet y’ubuntu.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali butangaza ko igice cya mbere cy’uyu mushinga, kizatangirana n’inzu z’ubwugamo 20 zizubakwa ku muhanda Airport -Chez Lando- Gishushu- Kimihurura-Payage.
Bukavuga kandi ko igice cya kandi na cyo kizahita gikurikiraho mu yindi mihanda itandukanye yo muri Kigali kikazaba kigizwe n’inzu 22 z’ubwugamo ku batega imodoka
Uwatangije iyi Kompanyi ngo igitekerezo cyashibutse mu magorwa yanyuzemo yiga; Bamaze gufasha abanyeshuri 300; barifuza ko buri mwaka bazajya bafasha 1,000; Mu myuga hari...
Temporibus autem quibusdam et aut officiis debitis aut rerum necessitatibus saepe eveniet ut et voluptates repudiandae sint et molestiae non recusandae.
Amakipe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi yarenze muri kimwe cy’umunani kirangiza cya Champions League yamaze kumenya uko azahura muri ¼ cya Champions League yishakamo...
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.