Amahanga
Ukraine: Umugore wari wahawe igihembo cy’umubyeyi w’Intwari yaguye ku rugamba bishengura benshi
You May Also Like
Amakuru aheruka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye abayoboke b’idini rya Islam gukoresha telefoni nk’uburyo bwo kubibutsa ko bagomba kujya gusenga aho gukoresha indangururamajwi bari...
Amakuru aheruka
Uwatangije iyi Kompanyi ngo igitekerezo cyashibutse mu magorwa yanyuzemo yiga; Bamaze gufasha abanyeshuri 300; barifuza ko buri mwaka bazajya bafasha 1,000; Mu myuga hari...
Uncategorized
Temporibus autem quibusdam et aut officiis debitis aut rerum necessitatibus saepe eveniet ut et voluptates repudiandae sint et molestiae non recusandae.
Amakuru aheruka
Amakipe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi yarenze muri kimwe cy’umunani kirangiza cya Champions League yamaze kumenya uko azahura muri ¼ cya Champions League yishakamo...
kazimbaya
March 17, 2022 at 2:06 pm
Uyu mubyeyi aratubabaje twese.Abantu bashoza intambara,ni abanzi b’Imana kubera ko batuma ibiremwa byayo bipfa ku bwinshi.Mu by’ukuli,baba barwanya Imana.Ikibazo nuko urwana wese aba yumva afite ukuli.Akita umwanzi uwo bahanganye.Buliya PUTIN,yumva ariwe ufite UKURI.Amerika na NATO,nabo bumva bafite ukuli.Nyamara nta n’umwe ufite ukuli.Bombi ni “selfish”.Abantu tutabaye selfish,tugakundana,isi yose yagira amahoro.Hagati aho,Imana itubuza kurwana,tugakunda n’abanzi bacu nkuko Matayo 5:44 havuga.Ikavuga ko “yanga umuntu wese umena amaraso y’undi” nkuko Zabuli 5:6 havuga.
bukeye
March 17, 2022 at 4:37 pm
@ Kazimbaya,nibyo koko,abarwana bombi bumva ko bose bafite ukuli.Kandi bakitana “abanzi” (adui mu giswahili).Intambara irasenya ntiyubaka nkuko Corporal Ntamukunzi Theogene yaririmbye muli 1998.