Afurika

Abasirikare 2 ba Senegal biciwe muri Gambia abandi 9 baburirwa irengero

Igisirikare cya Senegal cyatangaje ko babiri mu ngabo zacyo bishwe abanda 9 baburirwa irengere nyuma y’imirwano yabereye muri Gambia.

Ingabo za Senegal zimaze imyaka 5 muri Gambia mu bikorwa byo kugarura amahoro

Gambia ni igihugu kizengurutswe na Senegal.

Ingabo za Senegal ziriyo mu butumwa bwo kugarurayo amahoro bw’ingabo z’ibihugu byo muri Africa y’Iburengerazuba zoherejweyo mu myaka 5 ishize.

Ubuyobozi bw’ingabo muri Senegal buvuga ko umutwe w’inyeshyamba zishaka ubwigenge bw’Amajyepfo ya Senegal zashyamiranye n’abo basirikare.

Ziriya nyeshyamba zivugwaho ubucuruzi butemewe bw’imbaho zishe abasirikare 2 ba Senegal ndetse birakekwa ko zatwaye bunyago abanda 9 baburiwe irengero.

Ingabo za Senegal zivuga ko umwe mu nyeshyamba na we yahasize ubuzima.

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818
REBA YouTube Channel UMUSEKE TV video nziza nk’iyi. UKORA LIKE SHARE na COMMENT

IVOMO: BBC

UMUSEKE.RW

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You May Also Like

Amakuru aheruka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie  Vianney, yasabye abayoboke b’idini rya Islam gukoresha telefoni nk’uburyo bwo kubibutsa ko bagomba kujya gusenga aho gukoresha indangururamajwi  bari...

Amakuru aheruka

Uwatangije iyi Kompanyi ngo igitekerezo cyashibutse mu magorwa yanyuzemo yiga; Bamaze gufasha abanyeshuri 300; barifuza ko buri mwaka bazajya bafasha 1,000; Mu myuga hari...

Amakuru aheruka

Umuyobozi wa Rwanda Housing Authority yabwiye Urukiko ko azira akagambane nta cyaha cya Ruswa yakoze asaba kurekurwa by’agatenyo. Ubushinjacyaha bwo bwasabye Urukiko ko uyu...

Uncategorized

Temporibus autem quibusdam et aut officiis debitis aut rerum necessitatibus saepe eveniet ut et voluptates repudiandae sint et molestiae non recusandae.

Copyright © 2023 IMITARI