Kuri uyu wa 18 Werurwe 2022 mu Karere ka Kicukiro hashojwe amahugurwa y’iminsi ibiri yaragenewe abakoresha serivise z’ikoranabuhanga bafasha abaturage gusaba serivisi mu ikoranabuhanga....
Abaturage bo mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke bagorwaga no kugeza umusaruro ku isoko ndetse imvura yagwa umugezi ukuzura bikabasaba gukora urugendo...
Ukwezi kurenga kurashize Paul Kagame atangaje ko azongera guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024, bivuze ko naramuka atowe muri manda ya kane...
Biteganyijwe ko aya matsinda abiri y’abapolisi b’u Rwanda azahaguruka i Kigali ku wa Kabiri tariki 7 Ugushyingo mu 2023. Rimwe rigizwe n’abapolisi 160 bazajya...
Mu gihe abaturage bo mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba bishimira ifungurwa ry’imipaka yo ku butaka ibahuza n’ibihugu by’ibituranyi. Abo mu Ntara ya...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda,MINICOM, yatangaje ko intambara Uburusiya bwashoje kuri Ukraine ntaho ihuriye n’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa ku isoko. Ibi yabitangake kuri iki cyumweru tariki ya...
Urwego rw’Iterambere, RDB, rwahagaritse Hilltop Hotel and Country Club mu gihe cy’ukwezi nyuma y’uko hagaragajwe amakuru ashinja icyo kigo kurangwa n’imyitwarire mibi mu bihe...
Gahunda ya ‘Igira ku murimo’ igamije guhugura urubyiruko 1 000 mu kuruha ubumenyi n’ubushobozi bizabafasha mu mirimo no kuzabasha kuyihangira, imaze kunyuramo urubyiruko 632...
Mu nama yateguwe na RAB ifatanyije n’abafatanyabikorwa aribo SPARK na IITA, tariki 01 Werurwe 2022 i Kigali, haganiriwe ku ishusho ry’aho ubutubuzi bw’imbuto nziza...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda RDB rwahannye Hilltop Hotel yo muri Kigali nyuma yo gutanga serivise zitanoze ku bitabiriye isiganwa ry’amagare rya 2022, icibwa...
Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto mu Mujyi wa Kigali bari kubyinira ku rukoma nyuma y’uko bamenyeshejwe amabwiriza mashya yo guhangana n’ibibazo bivugwa...