MU MAHANGA
-
Protais Mpiranya washakishwaga kubera ibyaha bya Jenoside basanze yarapfuye
Ibiro by’Umushinjacyaha w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) kuri uyu wa Kane byemeje urupfu rwa Protais Mpiranya…
Read More » -
DR Congo: Inyeshyamba za M23 zatangaje ko zihagaritse imirwano no guhangana na FARDC.
Itangazo ryazo rivuga ko kuva none kuwa gatanu M23 irekuye ibice yari yarafashe igasubira “mu birindiro byo kwirinda” kugira ngo…
Read More » -
Inzego z’u Rwanda zicunga umutekano zasuwe na Guverineri wa Cabo Delgado
Intara ya Cabo Delgado, yamaze imyaka isaga ine yarigaruriwe n’ibyihebe, bigendera ku matwara ya Al Shabaab, kugeza muri Nyakanga 2021…
Read More » -
Umuryango wa Rusesabagina Uraka Leta y’u Rwanda indishyi irenga Miliyari enye z’amafaranga y’u Rwanda
Urukiko rwa Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwashyikirijwe iki kirego kuwa 22 Gashyantare 2022 ariko ibijyanye nacyo byamenyekanye…
Read More » -
Afghanistan: Bombe Z’Abiyahuzi Zahitanye abagenzi 19 bari mu modoka
Ibyo bisasu byaturikijwe kuri uyu wa kane, byishe abantu bagera ku icyenda abandi 13 barakomereka. Mohammad Asif Waziri, umuvugizi w’igiporisi…
Read More » -
Emmanuel Macron yatorewe kuyobora Ubufaransa- Amateka ye
Kuri iki Cyumweru tariki 24 Mata 2022, nibwo hirya no hino Abafaransa baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu baraye bamenye ko…
Read More » -
Perezida Kagame yagiranye Ikiganiro na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza
Kuri uyu Kabiri tariki 19 Mata 2022 nibwo Paul Kagame yagiranye ikiganiro na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson kuri…
Read More » -
Indege ya sosiyete ya RwandAir yakoze impanuka ubwo yerekezaga ENTEBBE muri Uganda
Kuri uyu wagatatu tariki ya 20 Mata 2022 mu masaha ya mu mu gitondo , indege ya RwandAir yari yerekeje…
Read More » -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro bigamije umubano mwiza na mugenzi we wa Sénégal nyuma ya Barbados
Kuri iki Cyumweru tariki 17 Mata 2022, nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwandayageze Paul Kagame yageze muri Sénégal nyuma…
Read More » -
Cricket, Tennis n’ubuhinzi biri mu byaganiriwe na Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Barbados
Cricket, Tennis n’ubuhinzi biri mu byaganiriwe na Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Barbados, Ku mugoroba wo kuri uyu wa…
Read More »