CINEMA
-
Sobanukirwa neza ubwato bwa Titanic bumaze imyaka 110 burohamye, Kuki amateka y’abwo adasibangana?
Birashoboka ko waba wararebye filime ya Jacques wakunze Rose bikaza kurangira abuzima, akamwitangira nyuma yo kubura amahitamo akisanga ari kurerembere…
Read More » -
Cinema: Bitunguye isi yose kuba Diamond Platnumz yahuriye muri filime imwe n’uwahoze ari umugore Zari The Boss Lady
Iyo filime yitwa “Young, Famous & African”. Iyo Filime izaba ivuga ku buzima bw’ibyamamare hano muri Afurika aho kandi iyo…
Read More » -
AMAFOTO: Filime Nyarwanda yitwa I bwiza Yamurikiwe Mu Nzu y’Igitangaza Canal Olympia ku i Rebero
I BWIZA, ni filime nyarwanda ndende ariko irangira imara iminota 115 yanditswe inayoborwa kubufatanye bwa Nahimana Clemence na Emmanuel Nturanyenabo,…
Read More » -
Niki twakwitega mu gace ka 2 ka la casa de papel
Taliki 3 Nzeri 2021 nibwo hasohotse filimi y’uruhererekane yitwa La Casa de Papel agace kayo ka gatanu kaje gasanga utundi…
Read More » -
Dj Zizou yinjiye muri cinema
Dj Zizou wamenyekanye nk’umwe mu bafasha abahanzi kuzamuka ndetse no guhuriza hamwe abahanzi bagezweho mu ndirimbo imwe yamaze kwinjira muri…
Read More » -
Abantu benshi haba ku isi muri rusange bamaze kumenya ko mu Rwanda haba uruganda rwa Cinema
Uko isi igenda yegerana kubera ikoranabuhanga ninako abanyarwanda nabo badasigara inyuma mu bijyanye no gukora Filimi zaba iziri mu Kinyarwanda…
Read More »